Ikinyarwanda: Open Bible Stories

Updated ? hours ago # views See on DCS

14. Kugenda genda mu butayo

Frame 14-01

Mugihe imana yahaye abana b'isireyeri abami bagomba kubayobora kubera umubano bari bafitanye n'imani,Bavuye mu musozi Sinayi.Imana itangira juba to bora mugihugu cy'isezerano,inkingi zuzuye zibagenda imbere berekera mu gihugu cy'Ikanani barazikurikira.

Frame 14-02

Nuko Imana isezeranya Aburahamu,Isaka na Yakobo kwizabaha igihugu cy'isezerano n'abazabakomokaho ariko hari ubwoko bwishi bwari butuye icyo gihugu bari Abanyakanani kandi ntibubahaga Imana bubahaga Ibigirwa mana kandi bakoraga ibibi byishi.

Frame 14-03

Imana ibwira Abisirayeli.kwitandukanya n'abanyakanani irababwira iti:"Ntimukagirane amahoro,ntimukabyarane nabo,kandi mugomba gusenya ibigirwa mana byabo.Nimutanyubaha,mushobora kuzasenga ibigirwa mana byabo mu mwanya wanjye.

Frame 14-04

Abana b'Isirayeli bamze kugera kunkengero z'igihugu cy'ikanani,Mose yahisemo abagabo cumi nababiri baburi mujyango wab'Isirayeli kujya gutatat igihugu cyisezerano kansi ko bagomba kumenya niba abanya kanani ari intwari cyangwa ibigwari.

Frame 14-05

Abobagabo cumi na babiri bambutse ikanani mugihe cy'iminsi 40,bavuye gutata bavuze ko icyogihugu cyirumbutse kandi ko gifite umusaruro mwishi!ariko abatasi icumi,bavuzeko icyo gihugu gifite ingabo zikomeye kandi zabasore banini,nitubatera bazadutsinda kandi bazatwica.

Frame 14-06

Akokanya Kalebu na Yoshuwa,nkabatasi baravuga bati:"nukuri abantu bo mugihugu cy'ikanani n'abarwanyi kandi bafite imbaraga,ariko tuzabatsinda!Imana izaturwanirira.

Frame 14-07

ariko abaturage ntibishimiraga Klrbu na Yoshuwa.bitotombera Mose na Aroni bati:"kuki mwatuyoboye munzira mbi,?aho kutugumisha muri Egiputa,aho abagore bacu n'abana bacu bagiye kuba abacakara babo,abisirayera bashaka gushiraho undi mwami wo kubayobora abajyane muri Egiputa.

Frame 14-08

Imana irarakara cyane,iva mu ihema ry'ibonaniro iravuga iti:"Abantu bose bazashirira mubutayu hatarimo Kalebu na Yosuwa kandi abafite Imyaka makumyabiri kuzamuka bazapfira mubutayu.kandi ntibazagera mu gihugu cy'isezerano."

Frame 14-09

Mugihe abaturage bumvise ayo magambo y'Imana barababara cyane kubwicyaha bakoze.Bafata intwaro zabo batera abanya kanani.Mose arababuza kujyayo kuko Imana itarikumwe nabo,ariko ntibamwumva.

Frame 14-10

Kuko Imana itari kumwe nabo mururwo rugamba,baratsinzwe kandi beshi muribo barapfa.Nuko Abanbisirayeri bava mu gihugu cy'ikanani bajya mubutayu,mugihe cy'imyaka mirongo ine.

Frame 14-11

Mugihe cyiyo myaka mirongo ine abana b'isirayeri bari mubutayu Imana yamenyaga icyobakeneye.ikabaha imigati ivuye kubutaka bitaga "manu".ikaboherereza inyoni ntoya kugira babone inyama zokurya.kandi mur'icyogihe kubera ibitangaza by'Imana imyenda yabo ninkweto zabo ntibya sazaga.

Frame 14-12

Imana yabahaga amazi yokunywa aturutse murutare bitunguranye.ariko nubwo ibyo byose Imana yabikoraga abanya Iisirayeri ntibyababuzaga kwitotombera Imana na Mose.Imana ikomeza isezerano rya Aburahamu,Isaka na Yakobo.

Frame 14-13

Mukindi gihe abaturage batari bafite amazi yo kunywa Imana ibwira Mose iti:"bwira urutare,amazi asohoke,amazi arasohoka,"ariko Mose yubahuka Imana imbere y'abaturage akubita urutare ishuro ebyiri aho kurubwira nkuko Imana ibimutegetse.amazi arasohoka murutare kugirango abantu bose banywe,ariko Imana irakarira Mose iramubwira it:"Ntuzinjira mu gihugu cy"isezerano.

Frame 14-14

Nyuma yuko abana b'isirayeri bagenda genda mubutayu abari barinze kumvira Imana bose barapfuye,nuko Imana iyobora ab'Isirayeri kugera kunkengero z'igihugu cy'isezerano,icyogihe Mose yaramaze gusaza cyane,Imana itoranya Yoshuwa kuyobora ab'Isirayeli.kandi Imana isezeranya Mose ko umunsi umwe izohereza undi muhanuzi nkawe.

Frame 14-15

Nuko Imana ibwira Mose kujya hejuru y'umusozi kugirango arebe igihugu cy'isezerano ariko Imana ntiyamwemerera kwinjira mur'icyogihugu.nuko Mose arapfa abana b'Isirayeri baramuririra mugihe cy'iminsi 30.nuko Yoshuwa aba umuyobozi wabo mushya mwiza wicyizere kandi wubaha Imana.

Inkuru ya Bibiliya iboneka mu: Kuva 16-17; Kubara 10-14; 20; 27; Gutegeka kwa kabiri 34